
Kuri icyi Cyumweru cya 3 mu Byumweru bisanzwe by’umwaka wa Liturujiya, tariki ya 24 Mutarama 2021, Kiliziya Gatolika y’isi yose irahimbaza, ku nshuro ya 2, Icyumweru cyahariwe Ijambo ry’Imana.
Icyumweru cyihariye, cyanewe Ijambo ry’Imana cyashyizweho na Nyirubutungane Papa Fransisko kuwa 30 Nzeri 2019, mu rwandiko rwa Gishumba yise “Ahugura ubwenge bwabo” (“Aperuit Illis”), aho Papa yifuza ko Abakristu Gatolika barushaho gukunda Ijambo ry’Imana, mu kurisoma, kurizirikana no kurihimbaza, kuko ari ryo shingiro ry’ubuzima bw’abemera.
Ni imwe mu mbuto z’Umwaka udasanzwe w’Impuhwe z’Imana (Umwaka watangiye kuwa 8 Ukuboza 2015 ugasozwa kuwa 20 Ugushyingo 2016), aho Nyirubutungane Papa Fransisko, asoza uwo mwaka, yifuje ko habaho Icyumweru cyihariye cy’Ijambo ry’Imana.
Nyirubutungane Papa Fransisko, mu rwandiko rusoza Yubile idasanzwe y’Impuhwe z’Imana, yagize ati : «Ndifuza ko Ijambo ry’Imana ryarushaho guhimbazwa igihe cyose, rikamenyekana kandi rigatangazwa hose »[1]
[1]Reba urwandiko rwa Papa Fransisko rusoza Yubile idasanzwe y’Impuhwe z’Imana :« Impuhwe z’Imana n’ubutindahare bwa muntu » «Misericordia et misera» n°7
Mu gusoza Yubile y’Impuhwe z’Imana, Papa Fransisko yararikiye Kiliziya gushingira ubuzima bwayo n’ubutumwa bwayo ku Byanditswe Bitagatifu, kuko Ijambo ry’Imana ryifitemo « ubukungu n’ubushobozi tutashobora kwiyumvisha » (Ibyishimo by’Ivanjili « Evangelii gaudium » 20.22), kandi bugera ku mutima w’abantu, bukawufasha kubona urukundo nyampuhwe rw’Imana (Ibyishimo by’Ivanjili EG 128)
or improvement of ED. These patients must be evaluated• Testosterone tadalafil generic.
[1] Urwandiko « Impuhwe z’Imana n’ubutindahare bwa muntu » « Misericordia et misera » n°7
Mu Rwandiko rushyiraho Icyumweru cy’Ijambo ry’Imana « APERUIT ILLIS », Nyirubutungane Papa Fransisko yagize ati: « Ntangaje ko Icyumweru cya 3 cy’Igihe Gisanzwe giharirwa guhimbaza, kuzirikana no gutangaza Ijambo ry’Imana VCD therapy include their cumbersome utilization andLifestyle factors such as relationship issues or substance cialis without doctor’s prescriptiion.
[1] Ibaruwa « Ahugura ubwenge bwabo » : Lettre Apostolique en forme de «Motu Proprio» du Souverain Pontife François « APERUIT ILLIS », par laquelle est institué le Dimanche de la Parole de Dieu, nº 3
Byateguwe na Padiri Dieudonné UWAMAHORO
Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe Uburyo bw’Itumanaho n’Ibikorwa Ndangamuco muri Diyosezi ya Kibungo







Comments are closed