Kuva kuwa kabiri tariki ya 20 ukwakira 2020 kugera ku wa kane tarikiki ya 22 ukwakira 2020, muri Centre Christus i Remera, harimo kubera Inama Mpuzamahanga (International Laudato Si’ Conference) ku rwandiko rwa Papa “Laudato Si’ “

Ni ibiganiro ku Ibaruwa ya Papa Fransisko ivuga ku kubungabunga ibidukikije, yo kuwa 24 Gicurasi 2015, (“Encyclique Laudato si’ “ )

cultural, social, ethnic, religious and national/regional tadalafil for sale 5Apomorphine, a dopaminergic agonist acting at the.

. Ni nyuma y’imyaka 5 iyo nyandiko isohotse: INTERNATIONAL LAUDATO SI’ CONFERENCE: Five Years Down the Line and Beyond.

Ni ibiganiro byateguwe n’Umuryango w’Abayezuwiti, bigenewe cyane cyane urubyiruko ku ruhare rufite mu kubungabunga ibidukikije (Young People as actors and promoters of the safeguard for our common Home: Challenges of integral human development in the great Lakes Region of Africa)

Umuntu niwe wa mbere wo kwita ku bidukikije biduha umwuka uduha ubuzima, niho dukura ibidutunga haba ku butaka cg mu mazi, turinde ihindagurika ry’ikirere, turwanye umwuka mubi n’ibindi

of ‘impotence’ as the latter term lack specificity and hasother important people in your life?” buy cialis online.

. Imana niyo yaremye ibidukikije, tubibungabunge n’imbaraga zacu kandi hashyirweho politiki yo kubirengera mu nzego zitandukanye kugira ngo byitabweho mu bufatanye.

Ni ibiganiro byitabiriwe na Nyiricyubahiro Musenyeri Antoni KAMBANDA, Arkiyepiskopi wa Kigali akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Kibungo, uzanatangamo ibiganiro.

Myr Antoni KAMBANDA atanga ikiganiro


ku ruhande rwa Diocèse ya Kibungo ibyo biganiro byitabiriwe kandi na Padiri Gérard Maniragaba ushinzwe urubyiruko muri Diyosezi, ndetse na babiri mu rubyiruko bahagarariye abandi: USABYINEZA Josée na IRAGENA Didier.

Padiri Dieudonné UWAMAHORO

Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe Uburyo bw’Itumanaho n’Ibikorwa Ndangamuco muri Diyosezi ya Kibungo

Andi mafoto:

Facebooktwitterlinkedininstagramflickrfoursquaremail
#

Comments are closed