Hari ku itariki ya 20 Nyakanga 2013, ubwo Nyiricyubahiro Musenyeri Antoni KAMBANDA yimikwaga nk’Umwepiskopi, none kuri iyi tariki ya 20 Nyakanga 2020, imyaka ibaye 7

Intego ye, ati: Nazanywe no kugira ngo «Kugirango Bagire ubuzima »Yoh 10,10 («Ut vitam habeant»). Turagusabira ngo Nyagasani aguhundagazeho ingabire ze, maze ubutumwa washinzwe nk’Umwepiskopi uzakomeze kubusohoza neza.

Nyagasani agukubire karindwi: “Uzahere ku mwaka wa mbere ubara, nugera ku wa karindwi wongere utangire, bityo bityo, maze ubigire incuro ndwi. Nurangiza, icyo gihe cyose uzaba warabaze kizaba kingana n’imyaka mirongo ine n’icyenda (…)

Tukwifurije Isabukuru Nziza

Padiri Dieudonné UWAMAHORO

Facebooktwitterlinkedininstagramflickrfoursquaremail
#

Comments are closed