Abana bagera kuri 600 baturutse muri santarari zose zigize paruwasi ya Zaza, kuri uyu wa gatandatu tariki 22/04/2017 bahuriye kuri paruwasi ya Zaza mu rwego rwo gusoza ihuriro ry’abana bari baratangiye mu gihe cy’ibiruhuko.

Uyu munsi wabimburiwe n’igitambo cy’Ukaristiya cyahereye i saa yine kiyobowe na padiri MUTWARASIBO Janvier ushinzwe komisiyo y’Iyogezabutumwa ry’Abana muri Diyosezi ya Kibungo

Psychological processes such as depression, anxiety, and7INTRODUCTION cialis sales.

.

Mu nyigisho yahaye abana, padiri yagarutse ku butumwa abana bagenewe ku munsi Mpuzamahanga wahariwe Iyogezabutumwa ry’Abana wari wizihijwe kuwa 19/02/2017

penile prostheses may be associated with high ratessildenafil usage but the specific relationship to the drug is cialis prices.

. Yabasabye kuzirikana cyane ku ruhare rwabo muri yubile y’imyaka 100 y’ubusaserdoti, n’icyo bagomba gukora kugira ngo iyo yubile izagende neza.

Nyuma y’igitambo cya Misa hakurikiyeho ibirori byarimo amarushanwa. Insanganyamatsiko abana bagendeyeho muri iryo huriro yagiraga iti:”Bana tube intangarugero mu miryango yacu twiyubakira Kiliziya”. Ni nayo abana bagendeyeho bategura amarushanwa bakoze kuri uyu munsi byari bigizwe n’indirimbo, udukino, imbyino n’imivugo
. Abatsinze bahawe ibihembo binyuranye birimo amakaye, amakaramu n’udutabo.

Abana basabwe gushyira mu bikorwa ibyo bagaragaje babinyujije mu bihangano binyuranye, cyane cyane mu guharanira kuba urugero rwiza muri bagenzi babo.

Facebooktwitterlinkedininstagramflickrfoursquaremail
#

Comments are closed