Ku Cyumweru, taliki 24/01/2016, muri Paruwasi Kirehe, nk’uko Nyiricyubahiro Musenyeri Antoine KAMBANDA Umushumba wa Diyosezi Kibungo yabigennye , niho ibirori byo gusoza umwaka Papa Fransisiko Umushumba wa kiliziya Gatolika yahariye kuzirikana ku buzima bw’Abihayimana.